Kumyaka 50 uruhu rwe rumeze nkurwinkumi yimyaka 30 reba amavuta akoresha naho wayakura.

preview_player
Показать описание

Рекомендации по теме
Комментарии
Автор

Bjr, ndabikunze cyane ndagushimiye mu buryo udufasha, none iri mask na vitamin A twayibona gute? Ese amasabune yo mu maso yarabonetse?
Ko nkoresha françoise bedon carrotte wamfashije nakoresha mu maso ayahe ?

gamicoltd
Автор

Bjr igikobwa mwaramutse gute? Niba bigukundira wambwiye amavuta akuraho inkovu zatewe na amavuta ku ntoki no ku birenge

sugirasylvie
Автор

Muraho neza turabakumda mutugira inama ese umuntu yabona 4ne zawe fani??

rhodiemackenize
Автор

Sha Ayo yabantu bafite uruhu rwamavuta nibiheri mu maso wabikurahe?

yvonneumulisa
Автор

Ndakemera Fanny ariko tuzanire vaseline cocoa glow kabisa twarayibuze kuri number waduhaye, ndetse na carrot oil ubwo hiyongeyeho rhetinol hhhh sinshaka gusaza wapi kabisa

blessing
Автор

Retinor vitamin a tubwire igura angahe, ibahe l aho wayibaliza

didiamusoni
Автор

Fanny plz twaganira gute ngo umfashe, ibiro +uruhu

affka
Автор

Yego Fanny
Komeza udu shakashakire ibyiza turagukundaaa!!

claudineuwe
Автор

Fanny dupass iyo product twetwirire uba wadukoreye umuti

francoiseuwamahoro
Автор

Uramenya uwo numuzungu uruhu gumuzungu nugumwirabure ntibisa ndakeka namavuta bitoba bimwe sinzabo turikumwe mugukurikirana ikiganiro uko mubitahura

mpawenayochantalofficial
Автор

Amazi ni meza cyane nanjye ndayanywa cyane

uwinezadoreen
Автор

Reka reka nanyoye amazi 2 little ntabwo naryamye ijoro ryose 🤗😆😆😆😆😆😆

zayanaduduna
Автор

Twakanze inzogera kora ayomavuta ndayashaka gusa ngo batangura kuyisiga kumyaka 40 yantumire burundi none

mpawenayochantalofficial
Автор

Haha Mwigisha mwiza ndabona sahanje nabafise ikofi ikwiye

hggdfhed
Автор

Hello my girl friend umva ya mavuta usuka mumavuta watubwiye yitwa karoti twayabona gute

cyimanaissa
Автор

Jewe ngomba amavuta yitwa GERGENT mengo NUKO YANDWIKWA

zayanaduduna
Автор

Ikibazo Uyu mugore afite amavuta menshi akunda kwerekana Na ajyanye nuuruhu rwa abantu navuga abazungu, abarabu, abametis or abinzobe cyane ibi mbikubwiye kuko ndagukurikirana
Benshi hano baba birabura bishakira amavuta abakesha nka ba nyampinga biyi minsi 😅 Noneho bakigirira uruhu nku urwo muri Etiopian
aba birabura biwacu bayisiga akanga gufata bakakurakarira. Ni bibi ko ubeshya abantu witwako ukunda kugirango wibonere cash 🤑. Abazungu Na abirabura bafite melanine nyinshi rwose Ntago amavuta yabo ari amwe ibi mbikubwiye nku uwanabyize rwose mbifitemo ubumenyi.
Abazungu bo amabara aterwa Nuko bo bajya ku zuba mugihe cyo mucyi, Bishakira kwibronzora kuko nabo badakunda Iyo bera cyane, baba bayafite bashyiraho sun cream akagenda kuko mu bukonje bihita bivaho kuko bo si indwara biba byatewe ni izuba baba bitazeho cyane 😍
Naho twe Ntago biza Iyo tutitukuje or tudashaje
Kuko melanine zacu Na D vitamine yi izuba rya afrika dufata tubyutse bituma Biriya bintu byo ibibara byi izuba tutabigira
Rero uba wicururiza Ntago uba uri kugira abantu Inama mu byukuri
Aho nemera ni kubakecuru bo kuva 55 bo bagira ibintu byirabura munsi yi Ijisho bikurwaho namwe mu mavuta ujya uvuga
Ariko ibyinshi hano uradutuburira
Na amavuta menshi Ugurisha urayahenda ku buryo Hari nka amavuta uvuga hano Sweden arahaba wowe uyakuba 2 yayo agurwa nkibaza uburyo ufashamo abanyarwanda nkumva ndakugaye sorry ku kubwiza ukuri
Niyo mpamvu abandi ba You tubers bakira bagatera imbere ntibakunda kubeshya .iyo uhangitse abakunzi bawe barakurakarira gutyo gutyo bakagenda bagushiraho. Jya ubabwiza ukuri Nicyo kiza

akezabonita
Автор

Mwigisha ndabaza kohariho amavuta Neutrogena umengo nigikotoro yoyo ntabwo yoyo arimeza???

hggdfhed
Автор

Fani.twohereze corrot oil na vaseline coco murwanda ameze yaheze mukirere😭

claudineuwineza
Автор

Ngo nashinga agatebe kuri toilet ❤️😅😅😅😅ngukunda kubi

alphonsinebyukusenge