🚨Ukuri 🤦‍♀️🤦‍♀️👌 Tayari izuba riva arabimwemereye 😲😲😲

preview_player
Показать описание
#Tubaze kndi udutume amakuru yose ushaka kumenya turihano kubwawe
Рекомендации по теме
Комментарии
Автор

inkuru numunwa wo yumuntu wumugabo. Ariko n'uyu mugabo shyashya ngo mariya roza ngo umuntu mubi. Uyu mugabo mukavuyo ariko mari roza amubwije ukuri

NiyomukunziEmmanuel-rdy
Автор

Mam waretse kujya kumbuga nkoranya mbaga kubera ntanyu ihari usibye kugutesha agaciro byihorere iturize

NgwijeCyprien
Автор

Umugabo wawe yaragowe urindaya yinshinji mbi nukavuge yesu ngo uramuzi numuz

Nyirashimwanumukizaflorantine
Автор

ibintu vyo mu Rwanda bira tangaje😊😊😊😊

DesireYamuremye-heyy
Автор

Ikindi nkugire Inama Mery Rose kwirirwa Kuma Cano ndikubona ntamumaro uhakura wabiretse ko ibibazo wagize tubizi urayahoraho utongana ngo bigufashe iki bivemo

ndaruhutseemmanuel
Автор

Wamugabowe izo ntabwo arimpuwe imyitwaro yawe niyo kugirira amacyenga uretse uwo mugore uri kwita mwiza nawe cyakoze yakuvumbuye uzaze nkwereke abandi ufasha barahari babaje ataribyo rero ijyanire wamukrisituwe.

MunyagisenyiAugustin
Автор

Uyumugore ni ishyano ntabwo avuga nkumukiristo ameze nkishyinzi p

UwimanAngelique-wnzh
Автор

Ese mada naragukundaga ndumva wararenganye ariko ugeze Aho ukabije wowe ntushobora nokubaha uwo muhuye utamuzi naho utabyemera ariko ukamwumva mumayeri icyo bita bwenge nduga gushyira hejuru sibwo bwenge pe urahubuka

muyisengeyvone-wqer
Автор

Niba haribintu turambiwe namatiku aba kuriyi Cano mwakoze kinyamwuga uziko nayikundaga ariko sinzi kbs

ndaruhutseemmanuel
Автор

Yewe urumumama udacabugufi sibyiza kuko ubwo suburere uriguha abana

UwimanaMahoro
Автор

Marie Rose niyo yorakara uyu munyamakuru yakoze iby'imbga zokora n'asab'imbabazi akor'ibyiza birahari

RUKWIYEDicar
Автор

Wabuz kubwira yesu ibyaweimana wishyira kwitangaza makuru w uricyohe

Nyirashimwanumukizaflorantine
Автор

Uyumugabo arishakira gucyura uwomumama bise nibiki?

NzayisengaJeanDamascene-du
Автор

Ubundi ubwo uburaniki nabanyamakuru kombona wiyubashye urumva wihebye binganiki wagiye ureka kubitaba

HagenimaPatricia
Автор

Urabwira umunu wumugabo ngo agabanyumunwa nasoni ese kuki wishyira kukarubanda

Nyirashimwanumukizaflorantine
Автор

Nawe wa mu maman we gabanya imbuga nkoranyambaga mwana w'Imana

gasanabernadette
Автор

Apuuu, reka gutera Imana agahinda Yesu ntumuzi! Ngo wamurya ugaacira inkweto yambaye 🤭🤭🤭

mukansangaeline
Автор

Ariko imikino murimwo irayobeye pe!!nkicumva ubuzima waciyemwo kuva ukivuka gushika ubu nukuri narakoroye amosozi.ariko ukuntu uguma kuri caméra vyamaze kuturambira pe sivyiza gushira amabanga yurugo kuri caméra

DivineNgabirano-pg
Автор

Marie wahuye Nikibazo ariko ntabwo ushobotse rwose

RudasingwaTharcisse-kx
Автор

Uyu mugore twumviseko ngo arumukristu arko pe imyitwarire ye ntanubwo ikwiriye abakristu abandi bamama mumujyirinama icyindi nawe azikotorore kubiganirobye kuri kamera yihane asenjye asabimana imbabazi nabamubona Kandi atsinde kamere nukuri aha Naha Yesu Pe.

MunyagisenyiAugustin
welcome to shbcf.ru