Serum Ikuraho Iminkanyari Ako Kanya Itanga Uruhu Rutoshye Runyerera Rurambutse.Ese koko Nibyo?

preview_player
Показать описание

Рекомендации по теме
Комментарии
Автор

Mana weee! Urakoze cyane. Umuntu wese ubona ko twitaweho nampe like.

umubyeyiuhebuje
Автор

Bite cherie, none se amavuta akoze muri carottes, washyiramo iriya lotion ya carotte watubwiye?

vestinemushimiyimana
Автор

Wandangiye amavuta nakwisiga Fani Sha njye mbona mfite uruhu rubi rudafite amavuta kd ndi inzobe.sha wandangiye 🙏🙏

nyiraminanichristine
Автор

Gyewe ndi Côte d'Ivoire précisément Abidjan nfite ikibazo kya tâches zimaze imyaka pe yanze kuvaho ndashakaga isabune nziza na ya crème ya cysteamine nabuze kuri ligne nayigura nabona numéro zanyu ngo nkore commande merci

annymukabalisa
Автор

Muraho neza, amakuru ndagukunda cyaneee pe gusa nagirango nkwibarize ese umuntu yakoresha iki kugirango akire amabara mumaso cg kunkikora, murakoze ndategereje.

nyinawumuntuangelique
Автор

Umushakashatsi wacu!
Yubahwe pe!!
Yaziye igihe kdi inama zawe ni ingirakamaro kuritwe chr

claudineuwe
Автор

Bjr, nakupendaka sana mais produit utwereka utwoherereze

beatricerwankuba
Автор

Ese number ya fanny umuntu yayibona ate? Plz uyifite yayimpa

nathaliemurorunkwere
Автор

Thanks .twoherereze vitamin c zarashije murwanda

claudineuwineza
Автор

Iyo sunscreen yo nuko mbona nayibuze ubundi ni nziza kbs👍

tusalu
Автор

Ni byiza cyane maman wacu utuzanira ibidufasha cyane.
Ariko waturangiye aho tugurira carotte naturelle baduha pirate ku buryo iyo uyishyize mu mavuta ukayisiga aguhindura umukara.
Kandi bampaye idafunze sure nka ya yindi watweretse.
Ubwo rero sinzi icyo umuntu yakora kuko byangaragariye ko bariya bakobwa bakoramo batizewe.

n.ndikubwimanaverene
Автор

Iy serum nanjye mpise mbna ko atacahindutse

pamelapam
Автор

rwose wowe turakwemera cyane icyo uzajya uduhitiramo nicyo tuzajya twemera

ingabireassoumpta
Автор

Mwaduhaye address zaho kaboneka mu Rwanda

uwimanahamida
Автор

Thx, gusa yasabune twarayibuze wagerageza ukayohereza

pamellaumuhoza
Автор

Nicyo nkwemerera utubwiza ukuri twibwirire na twatuvuta twa carotte 100 % aho twayakura

micomyizasarah
Автор

Fanny bite subwo wampaye number yawe koko kohari ibintu shaka kukubaza koko byibanga

hirwajudith
Автор

😁😁Mukama iserumu nayo izana ama fresheri ga

angedarlene
Автор

Hama iry masque yimineke uhejeje kuyikoresha ntamavuta wisiga

pamelapam
Автор

Umuntu yayikurahe abishatse nkababa muntara

niyonsengabernadette