PILATO MWAKUNZE TUMUFASHE YITERA INSHINGE ZIRIMO MUGO||BYARABISHE BARAPFA ATUBWIYE ICYABIMUTEYE 💔😭😭💔

preview_player
Показать описание
Amazina yange nitwa Irankunda René nka nakoreshaga ibiyobyabwenge ariko nabivuyeho nakoze iyi video nerekana ingaruka zabyo n'ukuntu byica kugira ngo hatazagira ushukwa akaba yabikoresha kuko byamwangiriza ubuzima
Wowe ukibikoresha ndi hano nk'urugero rwiza rukwereka ko kubireka bishoboka
☎+250789814004

At Legacy TV professionalism and ethics are our core values.
Welcome!
Рекомендации по теме
Комментарии
Автор

Nakoresheje ibiyobyabwenge byitwa urumogi since i was 12 years old naw I'm 26 years old kumyaka 12 nibiri nari mumwaka wa 5 primary byose iyondebye nsanga byaratewe ninshuti nabanaga nazo byatumye tujya mukigare cyimwe ndetse nokubana nabantu bakuru bandutaga babikoreshaga bitewe na society nakuriyemo imana yangiriye neza ntanarimwe nigeze mfungwa ariko nacitse inshuro nyinshi soo za police nibindi nagiye secondary ndetse niga nahantu heza cyane ark nagezeyo naho mpahurira nabandi bana bato bameze nkanjye ubwo icyigare kiba kirongeye nanone ngera naho nshuruza urwo rumogi kwishuri kuko ntihajya habura abantu benshi babikoresha everybody knows so byarakomeje ndangiza atatu yisumbuye gutyo nkora national exam nkomereza mukindi cyigo nacyo cyiza cyane naho nagezeyo noneho mpasanga abandi bajene benshi ndetse nabakobwa twariduhuje imico mururwo rugendo rwose haribamwe muribagenzi banjye bagiye bahura nibibazo bitandukanye bitewe nibiyobyabwenge birimo heroine, urumogi, Caps nibindi bamwe byabaviriyemo kwirukanwa burundu abandi bananirwa ishuri kandi bafite ubushobozi bwokwiga iwabo ariko drugs zibatandukanya nimiryango yabo nanubu abitwa inshuti zanjye nyinshi zikoresha ibibyose birimo heroine arinayo mbicyane nagerageje gukoresha drugs nyinshi cyane nogu tastinga zose yewe ntasize nubusinzi bwinzoga zamoko yose ark nyuma yabyose naje gusanga imana inkunda kandi inshaka kandi imfiteho umugambo njyanumva mfitiye imana umwenda wuko yandinze abandi bagenzi banjye benshi barimumagereza atandukanye abandi baragiye mundaya bakarwariramo ama SIDA mbonereho mbwire urubyiruko bagenzi banjye ko amaherezo yumuntu wese ukoresha ibiyobyabwenge birangira abayeho nabi kuko numarakuba addicted kuribyo bizakumaraho amafaranga yawe ntanarimwe uzigera witeza imbere ndabizi ubunibyo bitwika umwana wese arumva kunywa ibiyobyabwenge arugutwika kuberako ubona aba artists benshi ufata nkaba role model bawe babikoresha yaba murwanda ndetse nomumahanga ariko bavandimwe iyo ni plan ya satan yokurimbura isi kuko yesu agiye kugaruka kandi ntabwo uzabona ijuru ukoresha drugs natangiye kujya night club mfite 12 years old harihenshi ntemerewe kwinjira kuko narumwana ariko harinaho ninjiraga kuberako ibyontabwo babaga babyitayeho kumyaka yanjye 13/14 narinzi kugura indaya byamviriyemo kujya nikinisha kuberako narimuto kuko ntabwo nashoboraga gu controla ibyobintu byose kwiyo myaka ariko ubu ndashima imana ko namenye yesu christo njyagusenga kuwagatandatu ndumu divantiste kandi kubwamaraso yumwana wimana waduphiriye narababariwe ndetse mfite amatsiko yokuzabona yesu mwijuru ( i love you lord) ubu niyo narwara cancel kubera ibyonanyuzemo byose ark nizeyeko nzajya mubwami bwomwijuru. Amen 🙏

DusabimanaEnette
Автор

Abanyarwanda tumuhe amafranga akomeze iyi gahunda ninziza cyane🎉 🎉🎉🎉 ❤❤❤Kandi we love you

NyiranezaEsther-pz
Автор

Urakoze cyane muhungu mwiza wakoze gufata Icyemezo cyo kwigisha Abajeune kureka izo nzira mbi !
Narimbaje kubabara ngo abisubiye mo ariko Imana ikomeze kubikurinda kbs we ❤ U

Impore
Автор

Pirato komeza wigishe uruvyiruko babireke nuburozi👍👍👍👍👍

schollaschol
Автор

Pilato ikikwemeza ko ari legend niwe wenyine uhamagara plug kuri camera. But iyo biba undi kweliii i love Pilato's music, aura and this a deadly habit. Urubyiruko ruhura na byinshi kweliii

d-lawz
Автор

Mn pilato nisawa cyane komeza ufashe abandi ba jeune kbs mill ibyiza cyane keep.moving muhungu

ValensNyandwi
Автор

Namwe Yesu Yarabapfiriye bambe🥰
Icyampa Umucyo wa Christo Ukabarasira Ubwiza Bwe bukabamurikira ineza Ye ikabarembuza mukava muri ibyo biyobya bwenge mugakizwa kandi Imana Ishobora byose Yabaremera amashimwe n'ubuhamya bwuzuye ibihamya.
Mukomere Imana Ibagirire neza Mwuka Wera Aganirize intekerezo zanyu n'imitima Mugarukire Imana

jahbless
Автор

Irene ( Pilato) muvandimwe ninginze UWITEKA IMANA yo mu ijuru igukomeze mu biganza byayo ntuzasubire mu biyobyabwenge ukundi!
IMANA n' abantu turagukunda!!!!

utamurizaariane
Автор

Uyu mutipe ageze ku musozo w'urugendo rwe hano kwisi Imana irimo irimo kumukoresha icyo yari yaramuremeye. Iminsi ye ntabwo ari myinshi hano kwisi. Yesu arimo kweza umugeni we. Courage pilato. Iyeze kuri munsi kdi kiranuka uri umunyabugingo!

RosinekitchenTV
Автор

Manawe ndagusanye uzandindire abana ibiyobya bwenge kuko urubuiruko rurarushyepe😢

MukazimpakaFaith
Автор

Imana igufashe ntuzobisubiremwo! Thank you brother!

patrickmuvunyi
Автор

Courage musaza igisha urubyiruka wenda igihugu cyaramura abana bacyo kabisa👍👍

uwitonzemartin
Автор

much respect br komeza ubahe inyigisho we love u

turatsinzewilson-fy
Автор

we thaank you for sharing that kuko mugu siyoooo nuburozi me too I was using it but now jesus yarambohhoye now it's been 3 years without using it sooo keep moving pirato ibyiza birimbire kbssss I encourage you my boyy😎

AndyNganji
Автор

Ikintu nkunze nukunu ubisoje utubwije ukuri ko ari akawunga muximum respect reka mpite nkora sub

yassinsebera
Автор

Wow!!! Thank you Rene🙏🏼🙏🏼🙏🏼uli intwari kandi Imana ikomeze ikorohereze mubuzima bwawe bwa buli munsi. Be blessed

wellwell
Автор

Pilato urumusore mwiza cyane niba warabiretse Imana ihabwe icyubahiro

abegadarl
Автор

Wawouuuu umuhungu mwiza disi . Imana ishimwe wabivuyemwo 🇧🇮🇧🇮

BlessingVeroNdayisaba-efxy
Автор

Ngitangira byari bya mbabaje gusa nsanze uri kwigisha imana igufashe iguhe n, amafaranga utere imbere

nzigiyabagabotheoneste
Автор

What painful story💔 courage muhungu mwiza. N’ubwo bikomeye ariko uzatsinda.

ceusikabakurajeanbosco