filmov
tv
Là Reïna - NDiTiNYA (Official Video)

Показать описание
Official Video for my first song NDiTiNYA ☺️
Produced by Prince Kiiiz
NDiTiNYA (Lyrics):
Njya nifuza ko umpa umunota umwe wonyine
Gusa iyo uje mbura uko nifata nkayaga
Sinzi niba unambona
Meze nkuwihoma
Inshuti zihora zinseka
Ngo ubanza nararwaye akadege
Mbona abandi bahamagarana every night
Gusa njye nditinya ngo hato utazananyiyama,
Nifuza ko tugumana
Gusa ntunyikoza
Simbasha kukureka
Nafashe doze izandembya.
Cause I think you deserve someone like me
Njye ndi addicted to you
Oh nothing sweet like you ku isi
Ni wowe wankiza iri rungu
My baby humura
Nditinya
Kubikubwira ni cyo kibura
Ndipinga
Kandi abo ukunda ntacyo bandusha
Nzitanga
Rwose ku bwawe ntacyo ntakora
Stay with me
Nzitonda nirinde amakosa
I need you by my side babe
In my life trust me rwose nagukunda simbeshya
I'm dreaming every night
Mbona turi kumwe
Maze nakanguka
Ngasanga Ari inzozi
Ese umunsi uzagera?
Ko ugumya untindira?
Naheze mu mayira abiri
Sinzi icyo gukora,
Ngira ngo mbonye uburyo mbivuga
Bikarangira unsize
But I think you deserve someone like me
Njye ndi addicted to you
Oh nothing sweet like you ku isi
Ni wowe wankiza iri rungu
My baby humura
Nditinya
Kubikubwira ni cyo kibura
Ndipinga
Kandi abo ukunda ntacyo bandusha
Nzitanga
Rwose ku bwawe ntacyo ntakora
Stay with me
Nzitonda nirinde amakosa
I need you by my side babe
In my life trust me rwose nagukunda simbeshya
Connect with me:
Produced by Prince Kiiiz
NDiTiNYA (Lyrics):
Njya nifuza ko umpa umunota umwe wonyine
Gusa iyo uje mbura uko nifata nkayaga
Sinzi niba unambona
Meze nkuwihoma
Inshuti zihora zinseka
Ngo ubanza nararwaye akadege
Mbona abandi bahamagarana every night
Gusa njye nditinya ngo hato utazananyiyama,
Nifuza ko tugumana
Gusa ntunyikoza
Simbasha kukureka
Nafashe doze izandembya.
Cause I think you deserve someone like me
Njye ndi addicted to you
Oh nothing sweet like you ku isi
Ni wowe wankiza iri rungu
My baby humura
Nditinya
Kubikubwira ni cyo kibura
Ndipinga
Kandi abo ukunda ntacyo bandusha
Nzitanga
Rwose ku bwawe ntacyo ntakora
Stay with me
Nzitonda nirinde amakosa
I need you by my side babe
In my life trust me rwose nagukunda simbeshya
I'm dreaming every night
Mbona turi kumwe
Maze nakanguka
Ngasanga Ari inzozi
Ese umunsi uzagera?
Ko ugumya untindira?
Naheze mu mayira abiri
Sinzi icyo gukora,
Ngira ngo mbonye uburyo mbivuga
Bikarangira unsize
But I think you deserve someone like me
Njye ndi addicted to you
Oh nothing sweet like you ku isi
Ni wowe wankiza iri rungu
My baby humura
Nditinya
Kubikubwira ni cyo kibura
Ndipinga
Kandi abo ukunda ntacyo bandusha
Nzitanga
Rwose ku bwawe ntacyo ntakora
Stay with me
Nzitonda nirinde amakosa
I need you by my side babe
In my life trust me rwose nagukunda simbeshya
Connect with me:
Комментарии