Lague ati 'Yannick Bizimana dukinanye twatsinda ibitego byinshi//kuzakinira Rayonsports biragoye

preview_player
Показать описание
Ubuzima bwa Byiringiro Lague: Nirukanywe muri Esperence kubera kwanga ishuri none ndi mu ikipe ikomeye mu Rwanda, umukinnyi wambaraneza muri APR FC ni Nshuti Innocent naho uzi kubyina kurusha abandi ni njye, Ntwari Fiacre kubyina byaramwihishe, Mugunga Yves niwe uzi gusetsa kurusha abandi mugihe umukinnyi narotaga kuzakinana nawe ni Manishimwe Djabel, Manzi Thierry akiri muri Rayon Sports nabonaga ari umwiyemezi seiko aje muri APR nasanze naribeshaga, umutoza wacu turamukunda kuko nawe atwereka urukundo rudasanzwe kuko ari igihe atugurira gaudio mu mafr ye, Bizimana Yannick nifuza kuzakinana nawe mu ikipe imwe kuko twakwica amakipe nibitego.
Kora subscribe maze ujye ukurikira byinshi kubijyanye namakuru ya sport kuri E M Sports TV
Рекомендации по теме
Комментарии
Автор

Lague sinzibagirwa iriya taliki ya 21/12/2019 pe mwaranshimishije cyane kuburyo nzajya mpora mbasabira igihe cyose

pascalineofficial
Автор

Ubutaha uzaganirize Bukuru Christopher, ,,,sibyo umusaza?

tuyisengejado
Автор

Humuraturamuzana Sezon itahamudutsindire Amakip harimonayindi usigayewubahuka ukayikubita akanyafu

ndabereyeetienne