😭KU IRIMBI yari AMARIRA Gusa😭Police yuzuye Agahinda😢Uwatwaraga wa Mwana Aje Bamuteruye ngo Amusezer😭

preview_player
Показать описание
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA

Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:

-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)

Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Рекомендации по теме
Комментарии
Автор

Aheza ni mwijuru kibondo Imana yamukunze kuturusha igutuze mugituza ciwe🙏, the parents mukomere Keny tuzongera guhura nawe kuri wamunsi w'ivyishimo muhumure knd mukomere💪

IninahazweAliane
Автор

Gone too soon Ken😭😭😭😭😭😭ibigwi byawe byiza ni inyigisho ikomeye kuri buri wese. Umwana w'imyaka 11 hafi 12 ufite ibigwi nk'ibi ni isomo rikome. Ube mu gituza cya Yesu😭😭😭😭

Resurrected_with_Christ
Автор

Burya naho tuja duhura nibibazo bikatubabaza mgb kwisi narabonye kubura uwawe niwo mubabaro uruta iyindi mibabaro yose. Ndabihanganishije Imana ibakomeze ibahe kwihangana.🇧🇮🇺🇸

tantineirakoze
Автор

Manawe ndabuze ico mvuga'Imana imwakire mu bwami bwayo'ikomeze abasigaye ntivyoroshe

mkeykercy
Автор

Aha umuntu abuze icyo yavuga ni Ukuri.😭😭😭😭😭😭.Gusa mukomere iyi si yacu iratubabaza ariko hari igihe kizagera tukaruhuka imiruho yose Imana ikaduhanagura amarira yose twaririye muri iyi si.

urinzwenimanaildephonse
Автор

Basi no kureba iyi videwo is pain Reka mbifurize gukomera nashavuye!💔🙏🙏😭😭🙆✝️✝️✝️Yesu abanyegerere birakaze....umujyambere aragiye..rip kibondo

heavenagakiza
Автор

Araruhutse I Nshuti ya Yesu, agahungu keza Yesu agatwaye kare, a babyeyi mukomere, Imana izi impamvu

newcomes
Автор

Imana imwakire mubwami bwayo nengeye ndemesha umuryangowe wihangane twese niyo nzira

maraym
Автор

Imana ikwakire mubayo Mugabo.🙏🙏🙏🙏
Abasigaye mwihangane.🙏🙏🙏

aliwest
Автор

Imana imwakire mu bayi kdi ikomeze abasigaye🙏

munezerodonatha
Автор

C, est triste pour les parents de cet enfant vraiment

nikuzebrigitte
Автор

Hari ihurizo ntaramenya!!!! Cyokora Iyaremye umuntu niyo yasobanura iby’Ubu buzima n’urupfu.!!!

elina
Автор

Numumaraika uwiteka amwakire natwe twihangany nirwo rugendo ahubwo dusengere kuzagerayo amahoro

flavieneflavienne
Автор

Kuki koko urupfu rubaho koko, ariko harigihe kizabaho tukarwishima hejuru, kd izahanagura amarira yose kumaso, wa mwana sinari nkuzi ariko uko warungana ntabwo waruwo gupfa, ariko rendez-vous ni mwijuru

BLF-lwol
Автор

Ruhukira mu mahoro malaika Kenny nkurikije ibyo numvise ntiwarusanzwe!isangire yezu inshuti yabana

josephhabibambe
Автор

Nukwihangana Mwijuru niho iwacu kandi niheza tuzomubona kuko twese turi murugendo rumwe Mukomeze kwihangana tuzohurira iwacu kwa Data

yvettenyamugisha
Автор

Manaweeee umuryango turawihanganishije ntibyoroshye 😂😂 kubura umwana wawe

gorettikayitesi
Автор

Nyagasani uyumwana umutuze aheza uhe numuryango we gukomera

uwerasorange