filmov
tv
Nyagasani Mana ni we niringiye (Lyrics)

Показать описание
Nyagasani Imana niwe niringiye,
Niwe gakiza kanjye, akaba ingabo inkingira(×2).
1. Niwe umenya icyo nkeneye, niwe umenya ko mbabaye, niwe umpoza iyo ndira, niwe unyumva iyo ntaka.
2. Niwe iteka unkomeza, niwe uhora andamira, niwe gisubizo ngira, niwe murengezi.
3. Niwe utabura na rimwe, iteka iyo ntabaje, niwe unsubiza vuba, akampaza umunezero.
4. Nubwo yicecekera, isaha ye aba ayizi, iyo igihe cye kigeze, nibwo atabarana ingoga.
5. Nzi neza ko amba hafi, nziko ambereye byose, kuko urukundo agira, rutagira urugero.
6. Nziko amakuba yose, ariho ubu n'azaza, azashira nkabaho, mu munezero udahumuza.
Niwe gakiza kanjye, akaba ingabo inkingira(×2).
1. Niwe umenya icyo nkeneye, niwe umenya ko mbabaye, niwe umpoza iyo ndira, niwe unyumva iyo ntaka.
2. Niwe iteka unkomeza, niwe uhora andamira, niwe gisubizo ngira, niwe murengezi.
3. Niwe utabura na rimwe, iteka iyo ntabaje, niwe unsubiza vuba, akampaza umunezero.
4. Nubwo yicecekera, isaha ye aba ayizi, iyo igihe cye kigeze, nibwo atabarana ingoga.
5. Nzi neza ko amba hafi, nziko ambereye byose, kuko urukundo agira, rutagira urugero.
6. Nziko amakuba yose, ariho ubu n'azaza, azashira nkabaho, mu munezero udahumuza.
Комментарии